News

Ubuyobozi bw’Akarere ka Ngororero bwatangaje ko muri Nzeri 2025, imirimo yo kwagura no kuvugurura Ishuri Nderabarezi rya Muramba [TTC Muramba] izaba irangiye, ikazatwara asaga miliyari 1,5 Frw.
Minisiteri y'Uburezi mu Rwanda yatangaje ko igiye kongera umubare w'amashuri yakira abanyeshuri biga bakora kubera ko aho byageragejwe byatanze umusaruro mwiza. Ni muri gahunda yiswe ‘Dual TVET’ ...
Mayanja wahawe inshingano zo gusubiza Sunrise FC mu Cyiciro cya Mbere yaje kongerwa amasezerano y'imyaka ibiri taliki ya 15 ...
Ibihugu by’u Rwanda na Algeria byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu nzego zitandukanye, azarushaho gukomeza umubano mwiza usanzwe hagati y’ibihugu mbyombi. Ni mu ruzinduko rw’akazi Perezida Kagame ...
Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente Edouard yasabye abagera ku 4562 basoje amasomo mu Ishuri ry’Imyuga, Tekinike n’Ubumenyingiro, ...
Edgar Lungu wabaye Perezida wa Zambia hagati ya 2015 na 2021 yitabye Imana ku myaka 68, Inkuru yo gutabaruka kwa Lungu yamenyekanye kuri uyu wa Kane, tariki ya 5 Kamena 2025. Yaguye muri Afurika ...
Perezida Paul Kagame yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri muri Algeria, aho yatumiwe na mugenzi we w’icyo Gihugu, Abdelmadjid Tebboune. Perezida Kagame yakiriwe na Perezida Abdelmadjid ...
Minisiteri y’Ubuzima iravuga ko kuva mu umwaka utaha, izakuba 2 umubare w’abigaga igiforomo ku rwego rw’amashuri yisumbuye. Ibi yabitanganye nyuma y'uko ikoze isesengura igasanga kuva imyaka 2 ishize, ...
U Rwanda rugiye gutangira kubona inyungu yiyongera kuyari isanzwe iboneka mu bucuruzi bw’amabuye y’agaciro, nyuma y’uko ibiciro bya Tungsten (Wolfram) bitangiye kuzamuka ku isoko mpuzamahanga. Igiciro ...
Abashoye imari mu bucuruzi bwa serivisi n'inganda bavuga ko kugira umutuzo aho bakorera ari kimwe mu byatumye bahitamo gukorera mu Rwanda, ni nyuma y’uko icyegeranyo ku miterere y'ahakorerwa umurimo ...
Umugaba w’Ingabo za Misiri, Lieutenant General Ahmed Fathi Ibrahim Khalifa uri mu ruzinduko rw'akazi rw’iminsi itatu mu Rwanda, yasuye Icyicaro gikuru cy’Ingabo z’u Rwanda (RDF), aho yakiriwe na ...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwerekanye ko icuruzwa ry’abantu cyangwa abantu basigaye bajya gucuruzwa atari abatarize gusa ahubwo bisigaye bikorerwa ku bantu bize, bajijutse kandi ...