News

Muri ibyo biganiro, Minisitiri Nduhungirehe yamuhaye ubutumwa bw’u Rwanda bwihanganisha kandi bushyigikira abanye-Qatar ...
Radio Rwanda is a public Radio channel owned by Rwanda Broadcasting Agency and broadcasting in Kinyarwanda, French, English and Kiswahili. It has branches countrywide known as Comunity Radios such as ...
This article has been trashed from the web, Please contact [email protected] for more details!
Twasuye Ingabo z'u Rwanda ziri mu Butumwa muri Santarafurika - Amafoto 999,569; Impapuro zisaga 4000 ni zo zizifashishwa n’abafite ubumuga bwo kutabona mu matora 99,952; First Lady Jeannette Kagame ...
Bamwe mu baturage bavuga ko muri uyu mwaka mushya wa 2025 biyemeje kurushaho gukora imyitozo ngororamubiri kuko basobanukiwe ko ari isoko yo kugira ubuzima bwiza, Minisiteri y'Ubuzima yo ikaba ivuga ...
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda, yavuze ko icyemezo cya Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo cyo kuganira n’Umutwe wa M23 kitatunguranye n’ubwo abayobozi ...
Mu Rwanda hagiye gushyirwaho ikigega cyihariye cy’ibigo by’imari iciriritse kigamije gukemura ikibazo cy’ikiguzi gihanitse cy’inyungu ku nguzanyo. Ni ikigega gitegerejwe kujyaho bitarenze impera z’uyu ...
U Rwanda na Seychelles byasinyanye amasezerano y'imikoranire mu bijyanye no kuzamura ireme n’imikorere y’urwego rushinzwe serivisi z’igorora, amahugurwa y'abakozi, ubushakashatsi n'ibindi. Aya ...
Mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi, Umuryango wa Unity Club Intwararumuri wahumurije ababyeyi b’Intwaza batujwe mu rugo rw’Impinganzima rwa Nyanza bagizweho ingaruka ...
Abacanshuro b'Abanyaburayi bakoreshwaga na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC, mu kurwanya Umutwe wa M23 bageze mu Karere ka Rubavu, kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 29 Mutarama 2025.
Mu Mujyi wa Kigali hamaze gushyirwaho parking umunanira zagenewe abamotari bahagarara bategereje abagenzi, bakahahagurukira ndetse bakanahaparika mu gihe bagiye kururutsa abagenzi. Iyi gahunda ...
Abanyarwanda n'Abanyamahanga bari mu Rwanda ndetse n'impuguke mu mategeko n'imiyoborere, baremeranya n'icyegeranyo cya Rule Of Law Index 2024 gishyira u Rwanda ku isonga mu bihugu bitekanye muri ...